Nyuma y’umwaka n’amezi 6 utubari dufunze twemerewe gufungura

Nyuma y'umwaka n'amezi 6 utubari tutemerewe gufungura mu kwirinda Covid19, turongeye turafungura.

Kuva mu kwezi kwa Gatatu 2020, ubwo inama y’abaminisitiri iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yafungaga bimwe mubikorwa n’utubari twarimo, mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya corona virus, ubu twemerewe gufungura.

Kuri iyi taliki ya 21 Nyakanga 2021, utubari twemerewe gufungura. Banyiratwo nabadukoragamo bahoraga bategereje iyi nkuru nziza nkuko babisabaga muri iyi nkuru.

http://thebridge.rw/covid-19-abacuruzaga-utubari-barasaba-kwemererwa-gucuruza/

Sangiza abandi iyi nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Solve : *
3 + 3 =