Perezida Kagame yashyizeho abahagararira u Rwanda mu mahanga bashya

Itangazo ryaturutse muri Serivisi z’Ibiro bya Minisitiri y’Intebe rivuga ko ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 111; None ku wa 15 Nyakanga 2019, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho Abazahagarira u Rwanda mu bihugu by’amahanga mu buryo bukurikira:

Repubulika ya Angola: Wellars GASAMAGERA

Muri Canada: Prosper HIGIRO

Muri Repubulika ya Rubanda y’Ubushinwa:  James KIMONYO

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo: Vincent KAREGA

Repubulika y’Abarabu ya Misiri: Alfred KALISA

Repubulika y’u Bufaransa: Dr  Francois Xavier NGARAMBE

Repubulika ya Ghana: Aissa Kirabo KACYIRA

Ubwami bwa Maroc: Sheikh Saleh HABIMANA

Muri Repubulika ya Koreya:Yasmin AMRI SUED

Leta ya Qatar: Francois NKURIKIYIMFURA

Leta ya Afurika y’Epfo:  Eugene SEGORE KAYIHURA

Repubulika ya Singapore: Jean de Dieu UWIHANGANYE

Ubusuwisi: Marie Chantal RWAKAZINA

Muri Tanzania: Maj. General Charles KARAMBA

Muri Ibihugu byunze Ubumwe by’Abarabu: Emmanuel HATEGEKA

Sangiza abandi iyi nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Solve : *
26 + 7 =