Nyirahabimana Joséphine

Rwamagana-Kigabiro: Bishimiye imodoka y’isuku n’umutekano biguriye

Abaturage bo mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana barishimira ko bagize uruhare mu kwigurira imodoka izajya ibafasha mu isuku n’umutekano badategereje iziva ahandi. Ni imodoka yaguzwe bigizwemo uruhare n’umuturage, abikorera, amakoperative,  atanabafatanyabikorwa  n’abayobozi b’ibigo. Nshimiyimana Ezila utuye mu mudugudu wa Bwiza, akagari ka Bwiza, Umurenge wa Kigabiro, avuga ko nkiyo bagiraga ikibazo gikenera imodoka bifashishaga iya polisi kandi nayo ntibonekere igihe hagashira nk’amasaha atanu itarabageraho bitewe nuko yabaga irimo gukorera nko mu kandi Kagari….