Ku i Rebero: Hari site irimo ibibanza 42 bigurishwa

Zimwe mu nzu ziri iruhande rwa site.
Ku i Rebero hari site irimo ibibanza byiza bya VIP bigurishwa ku giciro cyiza. Iyi site iherereye ku i Rebero , mu Murenge wa Gikondo, iruhande rwa Ecole le Petit Prince, Esperanza Motel na station ORYX , ku muhanda wa kaburimbo, utangira umudugudu wa BNR, aho umuntu atura akaba areba neza imbere ye Umujyi wa Kigali wose.
Ikibanza cyimwe kigurisha Miriyoni mirongo inani z’amafaranga y’u Rwanda ( 80millions Frws ), usibye gusa ibibanza bitatu birimo binini cyane biruta ibindi ni byo bigurishwa miriyoni ijana z’amafaranga y’u Rwanda ( 100millions Frws ) ku kibanza kimwe.
Muri iyi site ibibanza 42 biri ku isoko. Nimuze mwihahire.
Ku bindi bisobanuro mwahamagara kuri 0788427926 cyangwa mukandikira kuri email zikurikira : mugangajeanclau@gmail.com .





