Ku i Rebero: Hari site irimo ibibanza 42 bigurishwa

Zimwe mu nzu ziri iruhande rwa site.

Ku i Rebero hari site irimo ibibanza byiza bya VIP bigurishwa ku giciro cyiza. Iyi site iherereye ku i Rebero , mu Murenge wa Gikondo, iruhande rwa  Ecole le Petit Prince, Esperanza Motel na station ORYX , ku muhanda wa kaburimbo, utangira umudugudu wa BNR, aho umuntu atura akaba areba neza imbere ye Umujyi wa Kigali wose.

Ikibanza cyimwe kigurisha Miriyoni mirongo inani z’amafaranga y’u Rwanda ( 80millions Frws ), usibye gusa ibibanza bitatu birimo binini cyane biruta ibindi ni byo bigurishwa miriyoni ijana z’amafaranga y’u Rwanda ( 100millions Frws ) ku kibanza kimwe.

Muri iyi site ibibanza 42 biri ku isoko. Nimuze mwihahire.

Ku bindi bisobanuro mwahamagara kuri 0788427926  cyangwa mukandikira kuri email zikurikira : mugangajeanclau@gmail.com .

Zimwe mu nyubako zirimo kubakwa hafi ya site.
Aho site iherereye. Ku muhanda wa kaburimbo utangira umudugudu wa BNR, iruhande rwa Ecole le Petit Prince, i Gikondo.
Ecole le Petit Prince iri iruhande neza rwa site.
Imihanda ya kaburimbo ikora kuri site.
Station ORYX iri ku muhanda wa kaburimbo ukora kuri site.
ATM ya I & M Bank, iri iruhande rwa site.
Sangiza abandi iyi nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Solve : *
30 ⁄ 15 =